31.1 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Nabaye umuzamu: Ubuzima bushaririye Umunyamakuru wa BMC yabayemo akigera I Nairobi -Iwacu2Night  

N’ibintu bitari bimenyerewe mu bwoko bw’Abanyamulenge, umugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Ukuboza 2023, I Nairobi habere igitaramo cyiswe iwacu2Night, nigitaramo...

Bitunguranye Umukobwa w’umunyarwandakazi yibye inka ajya kuyikwa umuhungu bateganya kubana mu ijoro

Umukobwa witwa Mukanyonga Laurence wo mu murenge wa Muko mu karere ka Gicumbi wibye ababyeyi be inka maze ajya kuyikwa rwihishwa umuhungu bakundana. Umukozi ushinzwe...

Kubera iki M23 yongeye gutanga impuruza  kubwicanyi bwa FARDC,FDLR n’Ingabo z’u Burundi ?

Umutwe wa M23 wongeye gutanga impuruza ku bwicanyi uvuga ko Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje gukorera muri Masisi,...

« Ku isi ntakidahinduka, Abantu baragenda igihugu kigasigara » amagambo akakaye Depite Claudel Lubaya yabwiye Perezida Félix Tshisekedi

Umudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Claudel Lubaya, aranenga koPerezida Félix Tshisekedi, ari kwitwara nk’aho umwuka mubi uri hagati...
- Advertisement -

Rutahizamu wakiniye Manchester United yo mu Bwongereza yemeye gukinira ikipe y’igihugu Amavubi

Ikipe y’igihugu Amavubi igiye kuzana ba rutahizamu bashya barimo uwari muri Manchester United yo mu Bwongereza. Ntagihindutse Noam Emeran Nkusi ukinira Groningen FC mu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel