22.8 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

RD CONGO:  Kiliziya Gatolika yagaragaje impungenge ku mvururu zizaba nyuma y’amatora bitewe n’ubushobozi bucye bwa CENI

Kiliziya Gatolika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntiyemera ko Komisiyo y’Amatora muri iki gihugu (CENI) ifite ubushobozi bwo kuyobora amatora ku rwego rwiza...

  Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kurikoroza ku mbungankoranyambaga nyuma yo kwita Samia Suluhu Perezida w’u Rwanda,Tshisekedi uwa Uganda

Perezida Salva Kiir wa Sudani y’Epfo akomeje kuba igitaramo ku bakoresha imbuga nkoranyambaga, nyuma yo kumvikana avuga ko Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania...

Iri Maso indirimbo igezweho muziri guhembura imitima yabizera – Theophile Twagirayezu

Theophile Twagirayezu wigishije muri Kaminuza zitandukanye zirimo Mount Kenya, agarutse mu muziki nyuma y’imyaka 15 awuhagaritse, ahita asubiramo indirimbo ye “Iri Maso” ndetse avuga...

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba-Ev.Mugisha

Ariko dufite ubwo butunzi mu nzabya z’ibumba, kugira ngo imbaraga zisumba byose zibe iz’Imana zidaturutse kuri twe.(2 Abakorinto 4:7). Aya ni amagambo ari muri bibiliya...
- Advertisement -

Byinshi wamenya ku gitaramo «Christmas Carols Concert» cya Chorale de Kigali kitezwemo udushya twinshi

BK Arena inzu y’imyidagaduro nini u Rwanda rufite ikomeje kwakira ibitaramo bikomeye aho n’amakorali yatangiye kugana iyi nzu,iyabimburiye izindi ikaba yarabaye Korali Shalom ya...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel