22.8 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Amafoto: I Kibeho Hamuritswe ishusho ya Bikira Mariya ifatwa nk’ikirango cy’uyu mujyi mutagatifu

Abagenda n’abatuye mu mujyi wa Kibeho mu karere ka Nyaruguru barishimira ishusho yahubatswe yatashywe ku mugaragaro,ikaba ifatwa nk’ikirango cy’uyu mujyi ukomeje utera imbere uko...

Dore ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe nta gahunda agufiteho

Hari abantu benshi usanga bakundana by’ukuri ndetse banafite icyizere ko bazagerana kure n’abakunzi babo ariko burya iteka siko abakundana baba bafite intego zimwe.Hari igihe...

Burya ngo gukora imibonano mpuzabitsina kabiri mu cyumweru bigabanya ibyago byo kurwara umutima

Ikigo cy’Abanyamerika ‘Johns Hopkins Medicine’ cyatangaje ko gukora imibonano mpuzabitsina nibura kabiri mu cyumweru bigabanyiriza ab’igitsina gabo ibyago byo kurwara umutima. Byagarutsweho n’Umuyobozi w’Ishami ry’Ubushakashatsi...

Ivumburamatsiko: Dore ibyaye umunsi Maj Paul Kagame ahura na Gen Nsabimana wari Umugaba w’Ingabo za Perezida Habyarimana

Mu gihe Amasezerano y’Amahoro ya Arusha yari amaze gusinywa muri Kanama 1993, impande zitandukanye zatangiye gushaka uko ashyirwa mu bikorwa, ubutegetsi bwariho bwakandamizaga bamwe...
- Advertisement -

Ishyaka rikorera mubuhungiro ryitwa «Ishema ry’u Rwanda» ryatangaje umukandida uzarihagararira mu matora yo mu 2024

«Ishema ry’u Rwanda» n’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse ntiryemewe mu gihugu kandi kugeza ubu  rikorera mu buhungiro, riravuga ko ryashyizeho itsinda rishinzwe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel