24 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Suella Braverman yatangaje ko nta basaba ubuhungiro bazoherezwa mu Rwanda

Suella Braverman, wahoze ari Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu w'Ubwongereza, yavuze ko gahunda yo muri iki gihe ya Minisitiri w'intebe isobanuye ko nta basaba ubuhungiro bazashobora...

Umugabo yishwe n’intongo y’akabenzi

Umugabo wo mu Murenge wa Byimana, AKagari ka Mpanda mu Karere ka Ruhango yagiye kugura inyama, ayiriye iramuniga,birangira yitabye Imana. Uyu mugabo ngo mu masaha...

Nyiramazu yishe abakodeshaga iwe Ngo nuko batishyuye

Nyir’inzu yateye icyuma umukunzi we na babiri mu bakodeshaga inzu ze abasanze mu rugo rwabo i Queens, muri New York, maze ahita yishyikiriza polisi...

Kalisa Ernest wamenyekanye nka Makuta aratabaza nyuma yo guhunga bikanga kubera amadeni

Kalisa Ernest yavuye mu Rwanda muri 2022 ahunze umuntu yari arimo ideni yafashe kugira ngo akine filime ye y’uruhererekane yitwa Makuta. Byamenyekanye ko Samusure yagiye...
- Advertisement -

Ese Imodoka Miss Shanita yahembwe izataha cyangwa ahebere urwaje

Biragaragara ko amarushanwa y’ubwiza arimo ibishuko byinshi kuburyo abakorwa bakagombye kwirinda guhura n’ingaruka zitandukanye .Nyuma y’uko irushanwa ry’ubwiza ryo mu Rwanda rigaragayemo ibikorwa bitesha...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel