27.2 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Miss Mulenge 2023: Nyandamira Aline yegukanye ikamba ahembwa ibihumbi 300 Frw no kwishyurirwa amashuri kugeza aminuje -Amafoto

Nyandamira Aline wari uhagaragariye agace ka Mizinda yegukanye ikamba rya Miss Mulenge ahigitse bagenzi be bageranye mu cyiciro cya nyuma. Ni mu gikorwa cyabaye...

Umunyeshuri w’imyaka 22 yishwe n’umukunzi we nyuma yo gusanga aba bombi bafitanye isano

Umunyeshuri w’imyaka 22, w’uburanga witwa Lucy Boke yishwe n’uwahoze ari umukunzi we amusanze muri kaminuza ya Kisii Polytechnic, aho uyu nyakwigendera yigaga. Ibi byabaye...

Bertrand Bisimwa yagize icyo yizeza abatutsi bari gukorerwa iyicarubozo muri Congo

Ibikorwa byo kwibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda by’umwihariko abo mu bwoko bw’Abatutsi, bikomeje gukaza umurego mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bongeye...

Abadepite ba Nord-Ubangi ‘birukanye’ Umwuzukuru wa Mobutu

Abadepite bo mu ntara ya Nord-Ubangi mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo batoye birukana Guverineri Malo Ndimba Mobutu w'iyo ntara,...
- Advertisement -

Nyampinga w’uRwanda kuva mu mwaka 1910-2022 n’ubuzima banyuzemo

Ababaye ba nyampinga w’urwanda bwa mbere batowe n’abadage mu mwaka 1910 nta makuru arambuye aranga bano bakobwa haba n’amazina yabo yagiye hanze,umwanditsi akaba n’umusizi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel