39.2 C
Africa
Saterdag, Mei 2, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

“Ubukwe n’ukwangiza igihe ”Esma Khan

Esma Khan umuvandimwe w’umwami wa muzika muri afurika y’uburasirazuba Diamond bakaba bahuje umubyeyi umwe yatangaje ko nta mu bano n’umwe w’umugabo ashaka mu buzima...

Diamond Platnumz yatangaje impamvu akunda cyane Naseeb Junior kurusha abandi

Umwami w’umuzika muri afurika y’uburasirazuba, Diamond Platnumz akomeje gutangaza byinshi kubyerekeye ubuzima bwe. Mu kiganiro n’itangazamakuru rikorera mu gihugu cya Kenya, yatangaje impamvu mu...

Kenya: Abaturage babajwe n’icyemezo cyo gushyiraho umusoro ku bagenzi

Abanya-Kenya barimo kwamagana amabwiriza y'abategetsi bashinzwe gusoresha, agamije kwaka umusoro ku bikoresho by'umuntu ku giti cye cyangwa by'umuryango bifite agaciro k'amadolari 500 y'Amerika (agera...

Burna Boy yanze gukorera arenga Miliyari 6 kubera urumogi

Biratangaje burya ikintu umuntu akunda yakwemera akareka inyungu zabyose ariko akakigeraho, umunyarwanda yaciye umugani ati:” Ak’umutima ukunze Amata aguranwa itabi”, ibyo uyu muhanzi ukunzwe...
- Advertisement -

Gatsibo :Hongeye kumvikana abantu bagurisha inyama z’imbwa

Umusore w’imyaka 16 wo mu murenge wa Kabarore wo mu karere ka Gatsibo yafashwe n’abaturage agiye kugurisha inyama z’imbwa, ku gicamnunsi cyo ku wa...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel