39.2 C
Africa
Saterdag, Mei 2, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Umwana w’imyaka ibiri yahiriye mu mpanuka y’inkongi y’umuriro yabereye mu mujyi

Umwana w’imyaka ibiri yapfiriye mu mpanuka y’inkongi y’umuriro yabereye mu mujyi wa Nairobi. Uyu mwana yarari imuhira wenyine ubwo iyi nkongi y’umuriro yabaga, ibi...

Hagiye kwigwa uburyo imbwa zaribwa mu Rwanda

Simbabure Gaspard, Umuyobozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge n’akato k’ibikomoka ku matungo mu rwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura ubuziranenge, ihiganwa no kurengera abaguzi, RICA, yasabye kureba...

Dj Briane yahaye isomo abamufashe amafoto y’urukozasoni

Dj Briane, ni umugore uri Kubica bigacika mu gihugu, ndetse yamenyekanye nkumu Dj ukunzwe, umugore witinyutse kandi wita kubuntu, muri we nta rwangano agira...

Nyabihu :Umuturage arashimira Perezida Kagame wamukuye kuba mu mifuka ubu akaba atuye heza

Ntabanganyimana Beatrice n’abana be bane n’umugabo bari bamaze imyaka 20 baba mu nzu ikoze mu bice by’imifuka, ubu barashimira Perezida Kagame washyizeho ubuyobozi bwiza...
- Advertisement -

Nyuma yo kwiba inkoko z’abandi yahise yita mu kagozi

Uwimana Bosco w’imyaka 16 wabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Nyabinaga, Akagari ka Nyarusange, Umurenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke, yasanzwe mu cyumba asanzwe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel