36.4 C
Africa
Donderdag, April 30, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Kaminuza y’uRwanda ishami rya Huye yahashwe n’inkongi y’umuriro

Inkongi y’umuriro yafashe agace k’inyubako irimo moteri muri kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye (UR-HUYE), abahegereye bihutira kuhazimya nta kintu kirangirika. Mu masaha ya saa...

Biracyari urujijo kubwicanyi bwakorewe Matthew Perry wamenyekanye muri filimi Friends

Urujijo rukomeje kuba rwinshi ku rupfu rw’umukinnyi wa filime Mattew Perry uheruka kwitaba Imana, ndetse hakomeje gukorwa iperereza ku cyaba cyaramuhitanye Urujijo rukomeje kuba...

Niba ufite umutima utabara fasha uyu mugore uri mu mazi abira

Mu kababaro kenshi, Moise Ruberintwari ukomoka mu Burundi arasaba ubufasha bw’umugore we witwa Irakoze Ariella kugira ngo avurwe ikibyimba yazanye mu maso. Ati : “Twari...

Karahanyuze! Mu mafoto 13 reba ubuzima bwo hambere bwa Papa Legend OG na Dr Sam K bategura Miss Mulenge World.

Umunyarwanda yaciye umugani ngo « Amakoma ava ahakomeye» undi nawe yita umwana we ati: «Mvuyekure! »  ibi bishatse kuvuga ko mubuzima buri muntu wese...
- Advertisement -

Amerika yarashe ku bigo byo muri Syria bikoreshwa n’imitwe ikorana na Iran

Amerika ivuga ko yagabye ibitero by'indege ku bubiko bubiri bw'intwaro n'amasasu mu burasirazuba bwa Syria, bukoreshwa n'umutwe wa Revolutionary Guards wo mu ngabo za...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel