36.4 C
Africa
Donderdag, April 30, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Amerika ntishaka ko imirwano ihagarara, Israel yarashe inica bamwe mu baturage Hamas yari yarafashe bugwate. Agezweho muri Gaza

Ingabo za Israel zatangaje ko mu gihe cy’amasaha 24 zarashe ahandi hantu 250 hatandukanye muri Gaza ndetse zihitana Medkhat Mabasher wari Umuyobozi w’Umutwe wa...

Bigenda bite iyo Umukobwa akunze Padiri?  Ibyo wamenya kuri Padiri Karabo ukomeje gutuma abakobwa bacika ururondogoro hanze ha!

Muri iki gihe ku mbunga nkoranyambaga nyinshi cyane mu gihugu cya Kenya hakomeje kuvugwa inkuru z’uko zimwe mu nkumi zo muri icyo gihugu zashigukiye...

Diamond Yatangaje ko yiteguye gukora amateka muri Kenya

Umuhanzi w’icyamamare muri afurika y’uburasirazuba Diamond Platnumz, yatangaje ko yiteguye gukorera igitaramo muri Kenya. Diamond Platnumz yabwiye abafana be ko azagerageza gukora amateka muri Kenya,...

Vera Sidika yahakanye yivuye inyuma ko Otile Brown ari se w’umwana

Mugihe hashize imyaka myinshi Jacob Obunga wamenyekanye nka Otile Brown ari murukundo na Vera Shikwekwe Sidika, ibyuyu mubano bikaba byararangiye vuba, Otile yagiye anashinja...
- Advertisement -

Rwanda:Ntibikiri ngombwa ko indagamuntu igendanwa , abana bemerewe kuzitunga

Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Musoni Paula, yatangaje ko Leta y’u Rwanda igiye gutangiza gahunda yo gutanga indangamuntu ziri mu buryo bw’ikoranabuhanga, aho buri...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel