26.2 C
Africa
Donderdag, April 30, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Kazungu Yasabiwe ikindi gifungo mu gihe hagishakishwa ibimenyetso

Kazungu Denis ukurikiranweho kwica abagera kuri 14 yasabiwe n’Ubushinjacyaha kongererwa iminsi 30 y’igifungo cy’agateganyo, buvuga ko impamvu ari uko bugikora iperereza bunakusanya ibimenyetso ku...

Undi muhanzi wunyarwanda agiye gukorera igitaramo mu Bujumbura

Umuhanzi Christopher wari umaze iminsi mu bitaramo byabereye i Burayi no muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, hari amakuru ahamya ko agiye gutaramira i...

Abarundi barenga 50 birukanwe ku butaka bw’u Rwanda

Nibura Abarundi 52 barikanwe mu Rwanda kuri uyu wa Kane ushize. Aba bari binjiye mu gihugu mu buryo butemewe n’amategeko, aho abayobozi b’u Rwanda...

Abateguye Trace Awards ntibanyuzwe n’imyitwarire y’abahanzi barangajwe imbere na Bruce Melodie.

Abateguye Trace Awards ntabwo banyuzwe n’uburyo abahanzi bo mu Rwanda by’umwihariko abahataniraga ibi bihembo bitwaye kuko batigeze bagaragara muri gahunda zijyanye nabyo.  Ubwo byemezwaga ko...
- Advertisement -

Barabivuga iki? itsinda rya Kigali Boss Babies rikomeje guhabwa  urwamenyo nyuma y’ibirori bya Trace Award

Abakobwa bagize itsinda rya Kigali Boss Babies uko bari babiri; Queen Douce ndetse na Alliah Cool, ubwo bari bahamagawe ngo batange igihembo cy’umuhanzi mwiza...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel