26.5 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Mu magambo y’urukundo, BMC Gapangwa yataatse umugore we ku isabukuru y’amavuko, Steven MM aratungurana » Amafoto

Kubwira umukunzi wawe amagambo meza y’urukundo ni kimwe mu bintu byiza nawe ubwe aba ataregereje kuri wowe. Iyo atakibonye niho usanga avuga ngo nta...

Jali : Umunyamabanga nshingwabikorwa yahaye umuburo abantu bihanira , nyuma yo gukubita umuntu urushyi akahasiga ubuzima

Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki ya 10 Nzeri 2023, nibwo hamenyekanyanye inkuru y’urupfu rw’uwitwa Sibomana Jean Pierre ukomoka mu karere ka Gasabo ,...

Bitunguranye RDC yashinje u Rwanda kwinjirira urubyiruko rwiswe ‘Wazalendo’

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashinje u Rwanda kwinjirira urubyiruko rukunze kwifashishwa mu mirwano na M23 ruzwi nka Wazalendo, ngo hagamijwe kurutezamo umwuka...

Biravugwa muri Tanzaniya Tundu Lissu utavugarumwe n’ubutegetsi yafunzwe amasaha make

Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Nzeri 2023, Igipolisi muri Tanzania cyataye muri yombi Tundu Lissu umukuru mu batavuga rumwe n’ubutegetsi hamwe n’abandi...
- Advertisement -

Hatangajwe andi makuru mashya  y’Umubikira byavuzwe ko atwite inda y’imvutsi nyuma y’ifoto ye yatitije imbuga nkoranyambaga

Hashize iminsi ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwizwa ifoto y’umubikira bivugwa ko atwite, uyu mubikira bikaba byaramenekanye ko ari uwo mu gihugu cya Cameroon witwa Elizabeth,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel