25.6 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Minembwe twaraye tutasinziriye kubera ibyishimo_ Abanyamulenge bishimiye ifatwa ry’ Umujyi wa UVIRA wamaze kugera mu maboko ya M23

  Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho. Bavuga ko iki...

U Rwanda rurashinja RDC kudashyira mu bikorwa Amasezerano ya Washington

    U Rwanda rwatangaje ko rufite impungenge zikomeye ku bushake bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwo kubahiriza amasezerano y’amahoro ya Washington, nyuma y’uko...

Doha yongeye guhamagaza Kinshasa na AFC/M23 mu biganiro byihutirwa

  Mu minsi ya vuba hazaba ibiganiro bishya hagati ya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’inyeshyamba za AFC/M23, bikazabera i Doha muri Qatar,...

Uvira yafashwe na AFC/M23/MRDP–Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi risubiza Kivu y’Amajyepfo mu cyerekezo gishya cy’intambara

  Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP–Twitwaneho) ryigaruriye umujyi wa Uvira nyuma y’imirwano ikaze yamaze iminsi ihanganishije ingabo za FARDC, iz’u Burundi, abarwanyi ba Wazalendo,...
- Advertisement -

Inzobere zivuga ko gufata Umujyi wa Uvira byahungabanya umutekano w’u Burundi n’ Akarere mu gihe waba ufashwe na M23

  Inzobere n’abasesenguzi b’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari baravuga ko icyifuzo cy’uko umutwe AFC/M23 wafata Umujyi wa Uvira mu masaha 72 gishobora guteza ingaruka zikomeye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel