23.6 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Yubile y’imyaka 125 y’Ivanjili mu Rwanda: Ubutumwa bukomeye bwa Papa Leo XIV bwatangiwe kuri Stade Amahoro

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 6 Ukuboza 2025, kuri Stade Amahoro i Remera habereye ibirori bikomeye byo gusoza Yubile y’impurirane y’imyaka 125 Ivanjili...

Ubuzima bw’ abaturage mu kaga gakomeye_ Imirwano yongeye gukara mu kibaya cya Rusizi

  Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 06/12/2025, ibiturika bikomeye byazindukiye mu bice bya Luvungi, muri teritwari ya Uvira, intara ya Kivu...

Umuyobozi ukomeye w’Ingabo z’u Burundi yiciwe mu mirwano muri RDC

  Amakuru atandukanye aravuga ko Lieutenant Colonel Athanase Minani, wari umuyobozi wa batayo ya munani y’ingabo z’u Burundi ziri kurwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Amerika yemereye u Rwanda Miliyoni 228$ zo guteza imbere Ubuzima nyuma y’Amasezerano ya Washington

Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Rwanda byasinye amasezerano y’imyaka itanu yo gufatanya mu rwego rw’ubuzima, afite agaciro ka miliyoni 228 z’amadolari y’Amerika. Aya...
- Advertisement -

Ruto yashimiye amasezerano ya Washington, asaba Trump gufasha Sudan_ “Amahoro muri DRC ni Urufunguzo rw’Iterambere ry’Afurika”

  Perezida wa Kenya, William Ruto, yashimiye Amasezerano y’Amahoro ya Washington nk’intambwe idasanzwe mu mateka ya dipolomasi y’Afurika,' avuga ko aya masezerano afungura amahirwe akomeye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel