23.6 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

U Rwanda na RDC bahurije hamwe imishinga y’ibikorwaremezo, harimo gari ya moshi

  Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano yasinyiwe i Washington D.C hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Ibitero ku Mupaka wa Kamanyola byangije umunara w’Itumanaho, abaturage mu gihirahiro

  Amakuru ava mu Kibaya cya Rusizi akomeje kugaragaza ihungabana rikomeye mu mutekano, nyuma y’uko umunara wa Vodacom wangiritse bikomeye kubera ibisasu by’amasasu manini bivugwa...

Ntibyoroshye ko intambara imaze imyaka irenga 30 ihita ihagarara – Minisitiri Kayikwamba

  Nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amahoro yo muri Washington hagati ya RDC n’u Rwanda, yabaye kuri uyu wa Kana tariki ya 04 Ukuboza 2025, Minisitiri w’Ububanyi...

MONUSCO yashimye intambwe yatewe hagati ya RDC n’u Rwanda mu isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye

  MONUSCO yashimye ku mugaragaro intambwe ikomeye yatewe hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye ku wa...
- Advertisement -

Abarimo gutegura imyigaragambyo yo ku wa 9 Ukuboza baburiwe na Polisi ya Tanzania

  Polisi ya Tanzania yatangaje ko yafashe ingamba zikomeye zo gukumira imyigaragambyo iteganyijwe ku wa 9 Ukuboza, ivuga ko ishobora guteza umutekano muke mu gihugu. Umuvugizi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel