25.3 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Perezida Kagame yakiriye Abasenateri n’Abadepite ba Amerika i Washington

Perezida Paul Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abasenateri n’Abadepite bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagirana ibiganiro bigamije...

Uganda mu Mwuka w’Amatora ya 2026: Museveni Yanze Kwitabira Ikiganiro Mpaka, Bobi Wine Ndetse n’Ubwami bwa Buganda Bamaganira Ihohoterwa mu Kwiyamamaza 

Nk'uko bimenyerewe muri Uganda iyo amatora yegereje, haba ibiganiro mpaka bikomatanyije bituma abakandida bose bagaragariza abaturage imigabo n’imigambi, bakakira n’ibibazo bijyanye n’imibereho y’abaturage. Mu...

AFC/M23 itangaje gahunda zayo ku Burundi mu gihe umutekano i Minembwe ukomeje guhungabana

Umutwe wa   AFC/M23   ku Cyumweru tariki ya 30 Ugushyingo, wongeye gusohora ubutumwa bukomeye buvuga k’uruhare rwa Leta y’u Burundi mu bibazo by’umutekano mu burasirazuba...

Nyirabyo yagarutse «Undi munsi andi mahirwe! » nyuma y’igitaramo cya Mbonyi harakurikira igitaramo cya IWACU2NIGHT »Inkuru irambuye

Abategura igitaramo cya IWACU2NIGHT bateguje abakunzi bacyo ko hagiye kubaho Season ya kabiri nyuma y’iya mbere yaherukaga kuba tariki ya 01 Ukuboza 2023. Iwacu2night n’igitaramo...
- Advertisement -

Bahati Ghislain yasohoye indirimbo «JEHOVAH» yakomotse kubihe by’intarambara isi iri kunyuramo

Bahati Ghislain yashyize hanze indirimbo nshya yakoze biturutse ku nyigisho y’umuvugabutumwa mu itorero ry’abadiventiste b’umunsi wa 7 aho yakomozaga ku ntambara z’ugarije isi; by’umwihariko...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel