33.8 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Niki kihishe inyuma y’ibiganiro bya Perezida Tshisekedi na Antony Blinken

Amerika na Repubulika ya Demokarasi ya Congo bivuga ko Perezida Félix Tshisekedi na Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'Amerika Antony Blinken bagiranye ikiganiro kuri telefone ku...

Hari gukorwa Coup d’Etat muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

I Kinshasa mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umutekano ukomeje guhungabanywa n’abantu bitwaje intwaro, aho humvikanye urusaku rw'amasasu, benshi bagatangaza ko...

Ukuri kwihishe inyuma y’ibyo leta ya Felix Tshisekedi yatangaje ivuga ko yigaruriye Vitshumbi na Kibirizi

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Ingabo z’iki gihugu zirukanye M23 mu duce two muri Teritwari ya Rutshuru yaherukaga kwigarurira. Byatangajwe na...

Tunga Website, igikorwa kigamije gufasha abacuruzi kugira urubuga rwa internet

Mu gihe ikoreshwa ry’ikoranabuhanga muri rusange rikomeza kwiyongera ku isi, aho usanga umubare w’abakoresha internet umunsi ku munsi wiyongera uko bukeye n’uko bwije, n’ibigo...
- Advertisement -

Bakomoje kuri M23! Cardinal Ambongo yagiranye ikiganiro na Perezida Tshisekedi ku mubano mubi uri hagati ya Leta na Kiliziya

Hashize igihe Kiliziya Gatolika muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, irebana ayingwe na leta y’iki gihugu bitewe n’umutekano muke uharangwa! Ibintu byageze aho iyi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel