37.4 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ingabo na Polisi bagiye koherezwa muri Mozambique bahawe ubutumwa bw’impamba

Itsinda ry'Ingabo na Polisi y'u Rwanda bitegura kujya mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, kuri uyu wa Kabiri...

Ingabire wakoze filime zamamaye cyane zirimo ‘Intare y’Ingore’ yagarukanye indi nshya; akemanga iz’iki gihe

Umwanditsi wa filime akaba n’umuyobozi wazo Ingabire Appollinaire, yashyize hanze filime nyaRwanda yitwa ‘INZIRA Y’UMUSARABA’ ivuga ku buzima bw’umwana w’umukobwa wiciwe ababyeyi, nyamara uwagize...

Abakozi babiri b’Umurenge batawe muri yombi bakurikiranyweho gusaba ruswa y’ibihumbi 100 Frw bakamena amabanga y’akazi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Munyemana Gilbert ushinzwe imiyoborere myiza na Tuyisenge Joël ushinzwe isuku n’isukura mu Murenge wa Shyira,...

Benshi mu barwanyi ba PARECO n’abo muri Nyatura bakomeje kwishyikiriza M23 ku bwinshi

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku mbuga y’urugamba muri Masisi, aravuga ko barwanyi ba Wazalendo babarizwa muri PARECO n’abo muri Nyatura yayoborwaga na Gen.Karume...
- Advertisement -

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko yahisemo gukomeza inzira y’intambara

Patrick Muyaya uvugira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubwo yari mu kiganiro na Radio Okapi, yatangaje ko ubuyobozi bw’igihugu cyabo bwafashe icyemezo cyo gukomeza...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel