37.1 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya FARDC bwemereye abaturage ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse bikomeye.

Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC,  bwemereye abaturage bo mu Minembwe ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.  Ni mu...

Sheikh Musa Fazil Harerimana yakomoje ku musimbura wa Perezida Kagame, anasubiza abavuga ko ishyaka rya PDI ayoboye ridakura

Perezida wa PDI, Sheikh Musa Fazil Harerimana yagarutse ku ngingo zinyuranye zirimo kuba barahisemo gushyigikira Paul Kagame, icyo batekereza ku muntu ushobora kumusimbura ndetse n’uko...

RIP Faith! Umunyeshuri wiga muri Kaminuza yishwe nyuma yo gusaba ababyeyi be amafaranga ibihumbi 260 Frw kugirango arekurwe

Umunyeshuri w’umukobwa wigaga muri Kaminuza ya MKU (Mount Kenya University) yo mu gihugu cya Kenya, yasanzwe yapfiriye mu nzu yakodeshaga, nyuma y’amasaha make, hari...

RDC: Abaturage babiri baraye barashwe barakomereka bikomeye mu gitero cyagabwe mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru aturuka mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko abaturage babiri baraye barashwe barakomereka mu gitero gikomeye cyane bagabweho.  Aba baturage barashwe ku...
- Advertisement -

Hashize amezi 8 Gen. Antoine Jeva arembeye mu bitaro ubu agenda ahetswe: Uhabwa amahirwe yo kumusimbura ku buyobozi bwa CNRD/FLN

Amakuru ducyesha ikinyamakuru Rwandatribune aturuka mu gace ka Komini Mabayi, Perefegitura ya Cibitoki avuga ko Gen.Maj Antoine Jeva yaba akomeje kumera nabi kubera indwara yo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel