37.1 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Zirarira ayo Kwarika Nyuma y’ibyo zakorewe na M23

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo riri mu marira menshi nyuma yo kwamburwa na M23 utundi duce two muri...

Abapolisi bategujwe ko bagiye kujya bambikwa ‘camera’ kubera kurya ruswa

Visi Perezida wa Tanzania, Dr Philip Mpango, yatangaje ko nyuma yo kubiganiraho hafashwe icyemezo ko abapolisi bo muri iki gihugu bagiye kujya bambara utwuma...

Hazanywe uburyo bushya bwo kugura udukingiriz0 mu ibanga rikomeye umuntu atavuye mu rugo hifashishijwe ikoranabuhanga rya telefone

Nyuma y’uko bigaragaye ko hari urubyiruko rwaterwaga ipfunwe no kujya kuvuga ko bashaka udukingirizo aho baducuruza, rwahishuriwe uburyo bwo kubikora mw’ibanga, hakoreshejwe ikoranabuhanga rya...

Ukuri ku ifoto yasakaye hose ku mbuga nkoranyambaga igaragaza umugore wa The Ben atwite inda y’imvutsi

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira ifoto igaragaza Pamella atwite ndetse ari kumwe n’umugabo we The Ben.  Nubwo benshi babifashe nk’ukuri ariko ibimenyetso bihari bigaragaza ko...
- Advertisement -

Ikipe ya APR FC yatandukanye n’umutoza Froger nyuma yo kuyihesha igikombe cya shampiyona idatsinzwe, inakomoza ku byo kugura Ani Elijah

Ikipe ya APR FC yafashe umwanzuro wo gutandukana n’uwari umutoza wayo, Thierry Froger nyuma yo kuyihesha Igikombe cya Shampiyona idatsinzwe umukino n’umwe muri 30.  Uyu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel