24.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ubwiza bwa Muheto wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2022 bwashituye umuhanzi mpuzamahanga w’icyamamare muri Afurika y’burasirazuba, EAC

Umuririmbyi w’Umunya-Tanzania Raymond Shaban wamamaye nka Rayvanny aheruka gushyira hanze indirimbo nshya yise “Mi Amor’’ cyangwa se ‘Urukundo rwanjye’ mu Kinyarwanda. Ni indirimbo yahuriyemo...

Umusore waganyiye Perezida Kagame avuga ko banze kumwakira mu gisirikare kubera ubugufi yatumye amushakira igisubizo byihuse

Umusore witwa Iradukunda Didier wo mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa  Kigali, wasoje amashuri yisumbuye wari mu bakorerabushake bahuye na Perezida Kagame, yamuganyiye amubwira...

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko nta bimenyetso zari zifite ubwo zashinjaga M23 kurasa ku nkambi ariko yenyegeza umuriro

Kuri uyu wa 6 Gicurasi 2024, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko nta bimenyetso zari zifite ubwo zashinjaga ingabo z’u Rwanda RDF na...

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaze kunoza umugambi wo gushoza intambara ku Rwanda?

Kuri uyu wa Mbere tariki 6 Gicurasi 2024, Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yaciye amarenga y’uko yamaze kunoza umugambi imaze igihe kirekire...
- Advertisement -

Ukuri ku cyihishe inyuma y’Uruzinduko rw’amateka Umugaba Mukuru w’Ingabo za Senegal ari mu Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Senegal, Gen Mbaye Cissé hamwe n’itsinda bari kumwe kuri uyu wa mbere tariki ya 6 Gicurasi 2024, basuye u Rwanda,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel