24.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Batunguwe no kubona umugabo baherutse gushyingura yapfuye yitemberera mu muhanda

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Ruhango, mu Murenge wa Bweramana, Akagari ka Gitisi, batunguwe no kubona mu ruhame umugabo witwa Hakizimana Silas...

Umupolisi wo mu rwego rwo hejuru ari mu bafatanywe amatoni y’ikiyobyabwenge gikomeye bafatiwe ibihano bikakaye n’Urukiko Rukuru

Urukiko Rukuru rwo muri Côte d’Ivoire rwakatiye abantu 13 barimo umupolisi wo ku rwego rwo hejuru, igifungo cy’imyaka 10 nyuma yo gufatanwa toni zirenga...

Umuryango w’Abibumbye watanze impuruza ku makuba ashobora kwibasira Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Umuryango w’Abibumbye binyuze mu Ishami ryawo ryita ku biribwa PAM, watanze impuruza ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku ruhande rw’Uburasirazuba rushobora guhura n’amakuba...

Hamenyekanye umukobwa watangaje ko agiye kwiyamamariza kuba Perezida w’u Rwanda

Umukobwa witwa Diane Rwigara yatangaje ko yafashe icyemezo cyo kongera kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora azaba muri Nyakanga (7)...
- Advertisement -

Umukobwa uvuga ko yabyawe na Ndimbati aravuga ko bavuganye kuri telefone akamubwira amagambo yatumye asuka amarira

Nyuma y’uko umukobwa witwa Iradukunda Nyandwi w’imyaka 17 y’amavuko, atangaje ko yiyemeje gukora uburyo bwose ariko agahura na Jean Bosco Uwihoreye wamamaye nka Ndimbati...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel