23.6 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Sarpong wari umufana ukomeye ‘umuhuriga’ muri Rayon Sports akayitera umugongo akajya muri APR FC, ubu ari mu mazi abira

Mu minsi ishize nibwo mu Rwanda hasakaye amakuru avuga ko Sarpong wari umufana ukomeye wa Rayon Sports, wayiteye umugongo ajya gufana ikipe ya APR...

Abaturage bari gusaba kwegerezwa udukingirizo twinshi kubera ifunguro bari gufata rikabazamurira ubushyuhe

Bamwe mu baturage bakora akazi k’uburobyi bw’isambaza mu Karere ka Rubavu, bavuga ko kubera kurya iri funguro, bagira ubushyuhe bwinshi bwo gushaka imibonano mpuzabitsina,...

Amagambo akomeye umwana wishwe muri Jenoside yabanje gusoma agatanga umusaruro wamenyekanye ku Isi hose

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yavuze ku nkuru y’umwana wishwe ariko ashobora kuba yarimo asoma igitabo mbere yo kwicwa, kuko...

Rutahizamu Mohamed Salah yakozanije na Jurgen Klopp birangira Liverpool iguye miswi na West Ham

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp na Rutahizamu Mohamed Salah bateranye amagambo kuburyo bukomeye, mu mukino iyi kipe yakiriyemo West Ham muri Premier League bikarangira...
- Advertisement -

Umugabo yagiye gusambanira mu rugo rw’abandi bimuviramo kujyanwa mu Bitaro igitaranya kubera ibyo yakorewe na nyirurugo amufatiye mu cyuho

Kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mata 2024, umugabo witwa Habimana Pascal yatemewe mu rugo ruherereye mu Mudugudu w’Urugwiza mu Kagari ka Binunga mu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel