23.6 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Kubera iki Karidinali Fridolin Ambongo uri mubajyanama 9 ba Papa Fracis agiye kujyanwa mu nkiko?

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Umushinjacyaha mukuru mu rukiko rusesa imanza, yandikiye umushinjacyaha mu rukiko rw’ubujurire amusaba gutangiza dosiye y’ubucamanza kuri Karidinali Fridolin Ambongo. Umushinjacyaha...

Ibyo atakoreye i Rwanda ari kubikorera imahanga! Rutahizamu w’Amavubi Gitego Arthur ijoro ryashize yabaye umwarimu muri Kenya.

Mu bihugu bitandukanye, imikino ya shampiyona yarakinwe n’andi marushanwa arakomeza, ndetse ahenshi umwaka w’imikino uri kugana ku musozo.  Uko ni na ko bimeze kuri bamwe...

Kenya: Imvura yatumye Guverinoma ihagarika itangira ry’amashuri

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko yigije inyuma itangira ry’amashuri kubera ikibazo cy’imvura ikabije iri kugwa mu bice bitandukanye by’iki gihugu.  Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu...

M23 yanyomoje amakuru akomeye yavuzwe na Radio Okapi »Inkuru irambuye

Ubuyobozi bwa M23 bwanyomoje amakuru yatangajwe na Radio Okapi aho yavuze ko aba basirikare bateye ibisasu muri Kibilizi bikagira abo byica ndetse n’abo bikomeretsa. M23...
- Advertisement -

Bimwe mubyo Perezida Félix Tshisekedi azaganira na mugenzi we Emmanuel Macron

Kuri iki cyumweru tariki ya 28 Mata 2024, Perezida Tshisekedi yagiriye uruzinduko i Berlin mu Budage rw’igihe gito Nkuko byatangajwe na Tina Salama umuvugizi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel