31.7 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Mpayimana Philippe wifuza guhatanira kuyobora u Rwanda yatangaje gahunda y’intambwe izamuganisha ku kuba Umukandida

Mpayimana Philippe wigeze kwiyamamariza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, agatsindwa ku majwi 0,7%, akaba yifuza kongera kwiyamamaza, yatangaje gahunda yo gutangira...

Kigali: Umwarimu yandikiye ibaruwa umuyobozi w’ikigo yigishaho amugira inama kubera ibikorwa akorerwa n’uyu muyobozi byatunguye abantu benshi

Umwarimu witwa Nshimiyimana James wo mu Ishuri rya GS Kabuga Catholic riherereye mu murenge wa Rusororo mu karere ka Gasabo, yandikiye umuyobozi w’ikigo amugira...

Mama Sava yahishuye uburyo kujya mu rusengero rwa ADEPR byatumye abyara umwana wa mbere ku myaka 17 gusa

Umunyana Annalisa wamenyekanye ku izina rya Mama Sava muri Filime nyarwanda y’uruhererekane ya Papa Sava, aherutse guhanurirwa ko agiye kuzashyingirwa na Papa Sava, gusa...

Umucuruzi yatunguwe n’ahantu abagizi ba nabi bamutemaguriye bakamwaka miliyoni 2 Frw

Umugabo witwa Habumugisha Felecien ucuruza amatungo magufi, wo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Nyabirasi, mu Kagari ka Busuku ho mu mugududu wa...
- Advertisement -

Geurchom Kaheba wigeze kwiyamariza kuba Depite muri teritware ya Beni yavuze impamvu yatumye yiyunga kuri AFC/M23

Kugeza ubu ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwakira abarimo n’abanyapolitiki bakomeye bari basanzwe bazwi muri Repubulika iharanira demokarasi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel