31.7 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Perezida wa Kenya arishimira umuganda wa Kiliziya Gatolika mu iterambere ry’Igihugu

Perezida wa Kenya William Kipchirchir Samoei Arap Ruto yatangaje ko iki gihugu gishima uruhare Kiliziya Gatolika igira mu iterambere ry'igihugu. Ibi yahitangaje nyuma yo kwakira...

Ikiganiro cy’ubwuzu cyuzuye ibitwenge cyanyunze benshi cy’Umufaransa n’Umunyarwanda bahuye banyonga amagare. Video

Ikiganiro cy’amashusho y’abagabo babiri; Umufaransa n’Umunyarwanda bari kunyonga amagare mu rw’imisozi igihumbi, gikomeje kunyura benshi, kubera uburyo baganiraga bizihiwe.  Ni amashusho akomeje gucicikana ku mbuga...

Amakuru mashya y’ibyaraye bibaye ku banyarwenya Dr Nsabi na Bijiyobija nyuma yo guhura n’ibyago bikomeye cyane bagiye i Kigali bigatera ubwoba benshi

Abakinnyi ba filime nyarwanda ndetse n’urwenya, Nsabimana Eric wamamaye nka Dogiteri Nsabi (Dr Nsabi) na Imanizabayo Prosper wamamaye nk Bijiyobija, byamenyekanye ko baraye mu...

Umugabo w’imyaka 46 usigaje amezi make ngo apfe yanditse ibaruwa itangaje ikubiyemo ibintu bitanu by’ingenzi buri muntu akwiye gukora mu buzima bwe

Simon Boas w’imyaka 46 y’amavuko, usanzwe uyobora umuryango w’abagiraneza wo ku Kirwa cya Jersey atuyeho mu Burengerazuba bw’Amajyaruguru y’u Bufaransa, yanditse ibaruwa itangaje aho...
- Advertisement -

Rugangura Axel wakiriye amakuru yavuze ko umukino wa Bugesera FC na Rayon Sports mu Gikombe cy’Amahoro warangiye ahishura ikipe izakomeza

Umunyamakuru wa RBA, Rugangura Axel, yavuze ko yakiriye amakuru avuga ko umukino wa 1/2 wo kwishyura uhuza Bugesera FC na Rayon Sports mu Gikombe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel