22.8 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umunyamakuru Murindahabi Irene yakoze igikorwa cyatunguranye cyatumye benshi bibaza ku hazaza h’abahanzi Vestine na Dorcas yafashaga

Umunyamakuru Murindahabi Irene wamenyekanye nka M. Irene uzwi mu ishami ry’imyidagaduro mu gufasha abahanzi barimo nka Vestine na Dorcas, akaba yaranamamaye kuri YouTube binyuze...

Amashusho y’umusirikare ufite ipeti ryo hejuru ari kumwe n’inkumi y’ikizungerezi bari gukora urukundo rwo mu buriri bari ku rugamba akomeje kuvugisha benshi

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gusakara amafoto y’umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, ufite ipeti rya “Sergent” asomana n’umukobwa wamusanze...

Abagore 9 barize ayo kwarika nyuma y’uko batawe muri yombi bazira gukomera umugore wa Perezida kubera impamvu itangaje

Mu minsi yashize ni bwo hasakaye amakuru ko abagore icyenda bo mu gihugu cya Zimbabwe, bafite hagati y’imyaka 19 na 49 batawe muri yombi...

Umukobwa wari uri kwitegura ubukwe bubura ukwezi 1 yatewe inda n’umukozi wo mu rugo, ahishura icyo yamukundiye uwo bari bagiye kurushinga adafite

Umukobwa wari uri kwitegura ubukwe bubura ukwezi 1 yatewe inda n’umukozi wozaga ubwiherero bw’iwabo,  gusa nubwo yasebeje ababyeyi yavuze ikintu yakundiye uwo mukozi uwo...
- Advertisement -

Kigali: Umukozi wo mu rugo yashyize hanze Ubuhamya bw’uko yafashwe ku ngufu yunamye ari gukoropa yambaye Isume

Umukobwa w’imyaka 18, uvuka mu Kagari ka Murama, mu Murenge wa Bweramana wo mu Karere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko nyuma y’ibyumweru...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel