24.6 C
Africa
Vrydag, April 24, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umukozi wo mu rugo yashenguye benshi kubera ibikorwa by’ubunyamaswa yakoreye umwana muto yasigiwe ngo amurere

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’umukobwa bivugwa ko ashobora kuba ari umukozi, ari gukubita umwana yasigiwe ngo amurere.  Uyi mukobwa yakubitaga...

Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro wagerageje guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda yitabye Imana ku myaka 82 y’ubukuru

Umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro amenyekanye cyane mu bucuruzi bw’itabi n’imitungo itimukanwa akanakorana n’abashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, abatera inkunga yapfuye ku myaka 82 y’ubukuru, amakuru...

Abapilisi babiri bari bari mu kazi bishwe nyuma yo kugwa mu gico cy’abajura babishe babanize nyuma yo kubaka imbunda bari bafite.

Nyuma y’igihe ubwicanyi bukomeje gufata umurego muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abapolisi babiri b’iki gihugu baraye biciwe mu i Goma, nyuma yo kugwa...

Kigali: Hari abasigaye barya zingaro z’ingurube banavuga ko ko bitabatera ipfunwe.

Mu bice by’Imirenge itandukanye y’Umujyi wa Kigali, cyane cyane y’icyaro hari abaturage basigaye barya zingaro z’amara y’ingurube.  Aba baturage barya ’brochettes’ za zingaro z’ingurube, bo...
- Advertisement -

Perezida Tshisekedi wari umaze icyumweru yaraburiwe irengero nyuma yo kumenya ibyo AFC/M23 yakoze yahise agaragara mu ruhame

Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu ruhame, nyuma y’icyumweru kirenga asa n’uwaburiwe irengero, agaragara mu gihe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel