24.6 C
Africa
Vrydag, April 24, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Nyuma yo gusabwa arenga miliyari ku mukinnyi yifuza, APR FC yatangiye ibiganiro na Rutahizamu w’umunyamahanga nyuma yo kubona ko yifunzwa mu ikipe y’igihugu Amavubi

APR FC yatangiye ibiganiro na Rutahizamu wa Bugesera FC, Ani Elijah unayoboye abandi mu gutsinda ibitego byinshi muri Shampiyona.  Mu gihe Shampiyona iri kugana ku...

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangiye ikiganiro cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akaba na Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru, Patrick Muyaya, yatangije igikorwa cyo gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu...

Prophet Noheli watangaje ko Imana yamusabye kurongora umugore wa Pasiteri Theogene yahishuye impamvu yanze kuzakora ubu bukwe Imana yamusabye

Umuhanuzi Byukurabagirane Noheli uri mu bamaze kwandika izina ku mbuga nkoranyambaga, bitewe n’ubuhanzuzi yatangaje avuga ko mu minsi yashize yagize iyerekwa ririmo ko Imana...

Perezida Cyril Ramaphosa wohereje ingabo zifasha FARDC kurwanya M23 yagiriye uruzinduko mu gihugu cyatumye Tshisekedi ahekenya amenyo!

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yaraye ageze muri Uganda, aho aganira na Yoweri Kaguta Museveni ku ntambara iri kubera mu burasirazuba bwa Repubulika...
- Advertisement -

Ukuri ku cyihishe inyuma yo guhindura umuyobozi w’umuryango wa EAC wahinduwe abura iminsi ibiri ngo arahire

Leta ya Kenya yahinduye Umunyamabanga Mukuru w’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) yari yaragennye, Caroline Mwende Mueke, habura iminsi ibiri kugira ngo arahire.  Mwende yari yaragenwe...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel