23.1 C
Africa
Vrydag, April 24, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Dore ahantu 3 abakobwa/abagore batari bazi bakwiriye kurinda cyane igihe bari kumwe n’abasore/abagabo

Ubusanzwe igitsinagore ni impano ikomeye Imana yahaye abagabo. Biragoye ko wabona umugabo udakururwa nabo cyangwa utifuza gukora k’umukobwa uko yaba ameze kose.  Hari abakobwa batabikunda...

Reba inshuti eshanu udakwiye kwibeshya ngo ugishe inama mu rukundo

Kugira inshuti ni ngombwa kandi byiza ariko siko zose ugomba kuzizera ku buryo wazibwira ibyawe byose cyangwa ukazigisha inama kuri byose bikureba, cyane cyane...

Utuntu dutatu duto abantu batazi twangiza igikorwa cyo gukora urukundo rwo mu buriri hagati y’abakundana n’abashakanye

Iyi nkuru iragufasha kumenya uko wakwitwara mu gikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashanye babiri n’ibishobora kukabangamira.  Igikorwa cyo gutera akabariro ni ingenzi cyane ndetse rimwe...

Burundi: Buri mupolisi yahawe igihe ntarengwa cyo kuba yoroye byibura inkwavu eshanu

Nyuma y’uko mu mwaka ushize Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye n’ubuyobozi bafatanyije basabye abaturage bose korora inkwavu kugira ngo u Burundi bugere ku iterambere...
- Advertisement -

Perezida Biden wa Amerika yasubitse urugendo nyuma y’uko yari amaze kumenya ko Iran yagabye ibitero bikomeye kuri Israel.

Ibitero Iran yagabye kuri Israel byatumye perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden, ahindura urugendo yari agiye kugirira muri leta ya Delaware...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel