Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa...
Ubwo yatangizaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihe bikomeye u Rwanda rwanyuzemo, rwabikuyemo...
Ubwo hibukwaga kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu karere ka Rubavu Umuyobozi uhagarariye Ibuka mu karere Rubavu yagaragaje ko imvugo z’urwango ...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo wari mu bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yavuze ko yavanye...
Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo bizakemurwa mu nzira y’amahoro aho kuba iy’intambara.
Mu kiganiro n’abanyamakuru...