33 C
Africa
Sondag, April 26, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abasirikare b’Abafaransa Bava Amaraso nk’uko Abacu Bigenda. Abaturage bacu ntibazongera gupfa ukundi. – Perezida Kagame

Ubwo yatangizaga icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihe bikomeye u Rwanda rwanyuzemo, rwabikuyemo...

Imvugo Zahembereye Jenoside Yakorewe Abatutsi mu Rwanda ni Nazo Ziri Kugaragara no Muri Congo: Gerald-Ibuka

Ubwo hibukwaga kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu karere ka Rubavu Umuyobozi uhagarariye Ibuka mu karere Rubavu yagaragaje ko imvugo z’urwango ...

Perezida Ramaphosa wa Afrika y’Epfo yatangaje ko yungutse isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo wari mu bitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yavuze ko yavanye...

Kwibuka30: Paruwasi ya  Ntarabana hagiye gushyirwa urwibutso rw’Abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 baroshywe muri Nyabarongo.

Kuri uyu wa 07 Mata 2024, mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ku rwego rw'Akarere ka...
- Advertisement -

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yahinduye imyumvire ku cyazana amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo bizakemurwa mu nzira y’amahoro aho kuba iy’intambara.  Mu kiganiro n’abanyamakuru...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel