38.1 C
Africa
Sondag, April 26, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abasirikare ba MONUSCO bataye ibirindiro barigendera nta mabwiriza bahawe

Ubutumwa bw’icyumweru bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) yagejeje ku bakozi bayo, bwavuze ko umutekano “ugenda uhindagurika” mu burasirazuba...

Tshisekedi wari waburiwe irengero yabonetse – Aya makuru nimashya

Amakuru atugezeho aka kanya avuga ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aherereye i Bruxelles mu Bubiligi nk’uko amakuru aturuka...

Abasirikare ba SADC bari gufatanya na FARDC kurwanya M23 bitabye Imana abandi bakomereka bikabije

Kuri uyu wa 8 Mata 2024, Abasirikare bane barimo batatu ba Tanzania n’umwe wa Afurika y’Epfo bari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC)...

Perezida Kagame yahishuye byinshi mu byo yaganiriye na mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa ku bibazo bya RDC.

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 8 Mata 2024, Perezida Kagame Paul yatangaje ko yanyuzwe n’ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Afurika y’Epfo, Cyril...
- Advertisement -

Abadushinja gufasha M23, njye nabashinja kutayifasha – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yatangaje ko abadashyigikiye M23 mu rugamba ihanganyemo n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel