23.9 C
Africa
Sondag, April 26, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

République Démocratique du Congo : Terreur panique à l’UDPS

L'avancée imparable du M23-AFC, la chute imminente de la ville de Goma donnent le tournis à Tshisekedi, et les caciques de l'UDPS sont pris...

Abaturage ba Goma barabogoza kubera ibya kinyamaswa bari gukorerwa na FARDC ifatanyije na SADC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi ndetse n’abacanshuro.

Abaturage ba Goma, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bahangayikishijwe n’impfu zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi muri uwo mujyi ufatwa nk’umwe mu mijyi ikomeye muri...

Abasirikare ba FARDC bahishuye umubare wa bagenzi babo bahitanywe n’Ibisasu biremereye byatewe i Sake no mu nkengero zayo.

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere mu rugamba M23 ihanganyemo na FARDC n’abambari bayo, avuga ko Ibisasu biremereye byahitanye abantu benshi muri centre ya Sake,...

Ntegereje urupfu rwonyine ruzamvana muri aka kaga! Abarundi barabogoza kubera ibiri kubabaho bitandukanye n’ibyo Ndayishimiye akunze gutangaza.

Abaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura, mu gihugu cy’u Burundi bavuga ko bugarijwe n’ubukene bukabije, bitandukanye n’ibyo Perezida Ndayishimiye amaze igihe atangaza nk’uko byatangajwe n’ijwi...
- Advertisement -

Amakuru mashya y’ibyabaye kuri Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ukekwaho ruswa y’umusatsi w’umukorano

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko y’Afurika y’Epfo, Nosiviwe Mapisa-Nqakula,  yatangaje ko yeguye ku mirimo ye mu gihe ari gukorwaho iperereza  ku byaha bya ruswa avugwaho ubwo yari...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel