23 C
Africa
Maandag, April 27, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC ifatanyije n’abambari bayo ramukiye mu tundi duce dushya

Imirwano ikomeye cyane hagati ya M23 na FARDC ifatanyije n’abambari bayo yongeye kuba mu duce dutandukanye two muri Kivu ya Ruguru muri Repubulika Iharanira...

Bamwe baje bitwaje matela n’ibikapu: Abatekamutwe bariye urubyiruko rwo mu turere tune tw’u Rwanda akayabo barubeshya ko bafite kompanyi itanga akazi

Abantu batari bamenyekana bahurije hamwe urubyiruko rwo mu turere tune tw’u Rwanda aritwo Rwamagana, Kayonza, Kirehe na Nyagatare barwaka amafaranga kugira ngo barurangire akazi,...

FARDC na M23 bazindukiye mu mirwano ikomeye cyane, igisirikare cya Afurika y’Epfo kivuga ku makuru y’abasirikare bacyo bafashwe mpiri n’intare za Sarambwe. Agezweho

Imirwano yakomeje hagati y’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zishyigikiwe na wazalendo, Ingabo z’u Burundi, SADC, MONUSCO na FDLR mu rugamba bahanganyemo na...

Bikwiye guhagarara vuba na bwangu: Abaturage 10 b’Abasivili muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bahitanywe n’igitero gikomeye cyane bagabweho

Igitero cy’abarwanyi b’umutwe wa Allied Democratic Forces (ADF) cyahitanye abasivili 10 ahitwa Mangodomu ni mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.  Ibi byatangajwe na...
- Advertisement -

Ingabo za MONUSCO ziri gufatanya na FARDC kurwanya M23 zirutse amasigamana zita amakamyo 30 n’ibindi bikoresho

Ingabo za LONI ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo MONUSCO zirashinjwa guta ibirindiro byazo byari i Rwindi zikahasiga ibikoresho byinshi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel