Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa...
Abasirikare ba Afurika y’Epfo (SANDF) boherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC bwo gufatanya na FARDC kurwana na M23, ubuzima...
Muri iki gitondo cya tariki ya 01 Mata 2024, ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, harimo imitwe yitwara gisirikare nka Wazalendo...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi yatangaje ko kwemera kujya mu biganiro n’u Rwanda bitakuyeho umugambi wo kurushozaho intambara, ahubwo...