29 C
Africa
Maandag, April 27, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umuhanzi The Ben yavuze uko byagendekeye indirimbo ya kabiri yakoranye na Bruce Melodie

Umuhanzi The Ben yahishuye ko we na Bruce Melodie bakoranye indirimbo ya kabiri ntiyasohoka bityo atari kumusuzugura ku ndirimbo ya mbere ngo bongere bagerageze...

M23 yasubije inyuma ibitero bya FARDC ihita yigarurira ibindi bice muri Masisi

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 22 Werurwe 2024 hongeye kuba imirwano ikaze hagati y’ingabo za FARDC na M23. Aho byarangiye M23 isubije inyuma...

Ikipe ya Real Madrid irashaka kugura umukinnyi w’igihangange Liverpool igenderaho

Ikipe ya Real Madrid ikomeje gukurikiranira hafi myugariro Trent Alexander-Arnold wa Liverpool kugira ngo imugure mu mpeshyi.  Amasezerano ya Alexander-Arnold muri Liverpool azarangira muri Kamena...

RIP Aisha! Umugore yahise afata umwanzuro wo kwiyambura ubuzima nyuma y’ibyo umugabo we yari amufashe ari gukora.

Umugore wo muri Zimbabwe uba muri Afurika y’epfo,yiyahuye nyuma yo gufatirwa mu buriri asambana n’umukozi ukorana n’umugabo we,kuwa Gatatu w’icyumweru gishize.  H-Metro yatangaje ko uyu...
- Advertisement -

“Imirima n’inka zacu biragiye koko?” Umuturage washoye akayabo muri STT ararira ayo kwarika nyuma yuko BNR ibijemo

Banki Nkuru y’Igihugu, BNR, yabeshyuje amakuru avuga ko yasabye abashinze ikigo Super Free to Trade Ltd (STT) kwishyura miliyoni 10$ kugira ngo cyemerwe mu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel