24.4 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yakije umuriro nyuma yo gutangaza ko abasirikare benshi b’iki gihugu bazapfira muri RDC

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa n’umuyobozi w’ishyaka EFF rihirimbanira ukwishyira ukizana mu bukungu, Julius Malema, ntibahuza imvugo ku ngabo z’iki gihugu zoherejwe ku rugamba...

Urugamba rwahinduye Isura hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo, abacancuro barwinjiramo ari benshi cyane.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Gashyantare 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hazindukiye imirwano hagati ya M23 n’ihuriro...

Bwa mbere igihugu gikomeye mu Burayi cyemeje ku mugaragaro ko M23 yakoze mu bacancuro bacyo baje guha umusada FARDC

Ku nshuro ya mbere, Guverinoma y’igihugu cya Roumanie cyo ku mugabane w’u Burayi yatangaje ko babiri mu bahoze ari abasirikare bayo baheruka kwicirwa muri...

Bageze aho umwana arira Nyina ntiyumve: Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC ryinjiye mu kaga gakomeye cyane i Nyanzare.

Amakuru aturuka ku mirongo y’urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko muri Centre ya Nyanzare,...
- Advertisement -

RDC: Ibirindiro bikomeye bya gisirikare bya Afurika y’Epfo byagabweho igitero simusiga cyahitanye ubuzima bwa benshi kinasiga inkomere nyinshi.

Igisasu kiremereye cyaguye mu birindiro by’Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyica abasirikare benshi,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel