25.3 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Bamwe mu baturage ba RDC bakomeje kugaragaza inyota yo kubona Kivu Zombi zarabaye Ubwami butajegajega mu minsi iri imbere

Bamwe mu Banye-Congo harimo na bamwe mu bayobozi bakomeye, bakoresha imbuga nkoranyambaga, cyane cyane urwa X, rwahoze rwitwa Twitter bakomeje kugaragaza inyota yo kubona Kivu...

U Rwanda rwatangaje ko ari ikibazo gikomeye kuba SADC na MONUSCO bisigaye bikorana na FDLR mu buryo bweruye

Umuvugizi w’u Rwanda w’ungirije Alain Mukuralinda, yatangaje ko biteye ikibazo kuba ingabo za SADC na Monusco bikorana na FDLR.   Ubwo yaganiraga na Bwiza TV,...

Umuhungu wa Perezida Museveni yahaye umuburo ukomeye cyane RDC ikomeje kwica Abahema n’Abatutsi mu Burasirazuba bw’igihugu.

Umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Gen Muhoozi Kainarugaba, yatangaje ko abica Abahema n’Abatutsi mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ko batazihanganirwa...

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yokejwe igitutu gikomeye ibuzwa kongera kugirana imikoranire iyo ariyo yose n’umutwe wa FDLR

Guverinoma y’u Bubirigi binyuze muri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Hadja Lahbib, yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika ubufatanye n’umutwe witwaje intwaro wa...
- Advertisement -

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziri gukubitirwa mu gafuka na M23 i Masisi

Imirwano yatangiye mu rucyerera rwo kuri uyu wa kane tariki 14 Gashyantare 2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel