25.3 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abaturage batanze ubutumwa bukomeye cyane ubwo M23 yari imaze gufata umujyi wa Sake mu buryo bwuzuye

Ku gicamunsi cyo ku wa kabiri tariki 13 Gashyantare 2024, ahagana saa kumi ku masaha ya Minembwe na Goma, nibwo M23 yafashe Centre ya...

M23 yishe abacancuro 4 ba Wagner bari bigize intwari z’urugamba nyuma yuko SADC, FARDC, FDLR, Wazalendo, n’ingabo z’u Burundi zikwiye imishwaro

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba M23 ihanganyemo n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko  imodoka za...

Amakuru mashya y’ikintu kidasanzwe kiri gukorerwa kuri Ambasade ya Amerika muri RDC kubera Imyigaragambyo y’i Kinshasa

Kuri uyu wa Mbere tariki 12 Gashyantare 2024, abapolisi benshi bashyizwe imbere ya Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Ingabo za Gen. Sultan Makenga zakoreye Operasiyo idasanzwe mu bice birimo Kanyabuki yasize FARDC n’Abambari bayo mu cyikango gikomeye.

Kuri uyu wa mbere tariki 12 Gashyantare 2024, Urusaku rw’imbunda zirimereye rwakomeje kumvikana mu bice bya Sake muri teritware ya Masisi no mu nkengero...
- Advertisement -

Hamenyekanye amakuru mashya y’ibiri kuba ku bikorwa by’Abanyamahanga biri mu murwa mukuru wa RDC, Kinshasa.

Bimwe mu bikorwa by’abanyamahanga mu mujyi wa Kinshasa byatangiye gufungwa, aho bivugwa ko ubu hamaze gufungwa by’agateganyo ishuri ryigenga ry’ababiligi ryitwa Lycée Prince de...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel