25.3 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Nyuma yuko Gen. Tshiwewe avuye i Goma, abatuye muri uyu mujyi bahise batangira kumva urufaya rw’ibisasu biremereye cyane biri kwisukiranya

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri M23, byamaze gutangira mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo,...

Bahise basubiranamo: Ingabo za MONUSCO ziheruka kwinjira mu rugamba byeruye ntizicana uwaka na bamwe mu bambari ba FARDC

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba muri Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, avuga ko Imodoka ya gisirikare y’ingabo za MONUSCO, yahagaritswe na...

Umwe mu ndwanyi kabuhariwe mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC yiciwe ku rugamba.

Umwe mu ndwanyi za Wazalendo wari uzwi cyane mu bikorwa byo kwica no gusenyera Abanyamulenge yaraye apfiriye ku rugamba mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,...

Ibindi bihugu by’ibihangange ku Isi biri kotsa igitutu Félix Tshisekedi bimusaba kujya mu biganiro by’amahoro.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irangajwe imbere na perezida Félix Tshisekedi yokejwe igitutu asabwa gutera intambwe akajya mu biganiro na M23 nk’umuti...
- Advertisement -

M23 yahanuye drone ya 4 y’ingabo za Leta ya RDC mu mirwano yabereye hafi ya Sake na Kibumba

M23 yemeje amakuru ko yongeye guhanura indi drone y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo FARDC. Ibi byasohotse mu itangazo ryashyizweho...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel