29.4 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Hamenyekanye amakuru mashya y’ibya Kinyamaswa Perezida Ndayishimiye ari gukorera Abasirikare b’u Burundi batinye kujya kurwana na M23.

Biravugwa ko Urwego rushinzwe ubutasi mu Burundi (SNR) rwatangiye kwica Imbonerakure n’abasirikare ba kiriya gihugu batinye bakanga kujya mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi ari mu mazi abira nyuma y’ibyo Abarundi batangiye kumukorera

Ishyirahamwe rigizwe n’abagore b’Aarundi ryitwa “Inamahoro,” ryatangaje ko rihangayikishijwe n’abasirikare b’iki gihugu boherezwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu mirwano idafitiye inyungu...

Ingabo za MONUSCO zigiye kwinjira mu rugamba rweruye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO, zigiye kwinjira mu mirwano M23 ihanganyemo...

MONUSCO irashinjwa guha ubufasha ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC mugihe M23 yamaze kwigarurira Localite ya Rwibiranga.

Ubuyobozi bwa M23 burashinja Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO gutera inkunga ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bitero bagabye...
- Advertisement -

M23 yigaruriye utundi duce twari mu maboko y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC yemeje ko yiteguye gusubira inyuma

Mu itangazo ryashyizweho umukono na Lawrence Kanyuka usanzwe ari umuvugizi wa M23 mu bya Politiki, rivuga ko biteguye gusubira inyuma mu gihe cyose Guverinoma ya...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel