29.4 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Nyuma yo gufata Nturo 1, Nturo 2 n’ibirindiro byamamaye by’ingenzi bakunda kwita Kwa Madimba, M23 yafashe umujyi wa Sake, FARDC n’abambari bayo bakwira imishwaro

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba ruhanganishije M23 n’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gifatanyije n’ihuriro ry’ingabo ziri kugifasha ku rugamba, aravuga ko M23...

Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC ryishe umusaza w’imyaka 70 azira ko ari uwo mu bwoko bw’Abatutsi.

Umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70 y’amavuko uzwi kw’izina rya Muhaya, yishwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Ikipe y’igihugu ya RDC iraza kwambara agatambaro kirabura mu kwibuka no kuzirikana abanye-Congo bamaze kuzira ubwicanyi bwa Tshisekedi.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07 Gashyantare 2024, abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iraza gukina umukino wa kimwe cya...

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeye ibiganiro n’u Rwanda ariko ishyiramo amananiza akomeye cyane

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irangajwe imbere na Félix Tshisekedi yatangaje ko ifunguye inzira y’ibiganiro ku gihugu gituranyi cy’u Rwanda mugihe ruzaba rwubahirije ibisabwa...
- Advertisement -

M23 irashinja Félix Tshisekedi n’ihuriro ry’ingabo ze kwica abagore n’abana b’inzirakarengane no gusenya amazu y’abaturage.

Ubuyobozi bwa M23, bwasohoye inyandiko hanze zishinja Félix Tshisekedi, n’ihuriro ry’ingabo ze kugaba ibitero ahatuwe n’abaturage benshi mu bice byo muri teritware ya Masisi,...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel