22.2 C
Africa
Saterdag, Mei 9, 2026

Breaking news:

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo rw’amahoro rwabereye i Washington, D.C., rugamije kwamagana ubwicanyi n’ihohoterwa bavuga ko bikomeje gukorerwa bene wabo n’abandi...

Mu icuraburindi rya Bijombo, MRDP–Twirwaneho yabaye icyizere cy’Abanyamulenge – Inkuru irambuye

Mu misozi miremire ya Bijombo, aho umuyaga uhora uhuha uzunguza ibyatsi n’imitima y’abaturage, hari inkuru idasanzwe imaze igihe ivugwa mu matamatama ariko ikagenda igira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Bishoboka bite ? Impunzi ziri mu nkambi ya Kiziba ziramwenyura kubwo kuzuza Kiliziya ya Miliyoni 47

Abepiskopi bagize Komite Ihoraho ya ACEAC, basuye Inkambi ya Kiziba mu Karere ka Karongi. Basuye na Kiliziya ya Centrale ya Kiziba yisunze Mutagatifu Paulo...

RDC: Hashyizweho gahunda y’umwihariko yo gutabariza abaturage bakomeje guhonyorerwa muri Nord-Kivu

Abasivili bakomeje gutesekera mu Burasirazuba bwa Congo, bagarutsweho n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa PAM rivuga ko rikeneye byihutirwa nibura miliyoni 543 z’amadolari yo...

Kuki ari Dr.Paul Gitwaza ugiye kwimika  Pastor Sera umaze imyaka ibiri ashinze itorero rya Rehoboth Well Ministries ?

Intumwa y’Imana Dr.Paul Gitwaza agiye kugaragara mu giterane gikomeye cy’ivugabutumwa cyiswe «Celebration Grace Conference» aho azanakorera umuhango ukomeye wo kwimika Umushumba mukuru w’itorero Rehoboth...

Tshisekedi yongeye kwibasirwa bikomeye asabwa ko we n’ishyaka rye basaba imbabazi Joseph Kabila yasimbuye ku butegetsi

Senateri Muyumba Francine  yasabye ishyaka rya UPDS hamwe n’Ubutegetsi bwayo  kugira ubutwari bagatera intambwe yo gusaba imbabazi Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa RDC...
- Advertisement -

Babwiwe ko uzapfira ku rugamba azajya mu ijuru: Hamenyekanye abandi basirikare bo mu mahanga bagiye koherezwa muri RDC kurwanya M23. Amafoto

Imbonerakure zo mu gihugu cy’u Burundi ziva mu ntara za cibitoke, Bujumbura, Bubanza na Rumonge, zatoranyijwe n’abahagarariye abandi, bizewe n’ubutegetsi bwa Evariste Ndayishimiye n’ishyaka...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel