26.8 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Havutse bombori bombori mu ishyaka UDPS rya Perezida Tshisekedi kubera ibyabaye mu matora

Ibintu ntibyifashe neza mu ishyaka UDPS rya Tshisekedi nyuma y’uko batavuga rumwe ku byavuye mu matora.  Uyu mwuka wo kutumvikana watangijwe n’umunyamabanga mukuru w’i Shyaka...

Vatican: Niki Papa Francis yabwiye abarimo Padiri Prof Dr.Fidèle Dushimimana?

Kuri uyu wa 19 Mutarama 2024, padiri Prof.Dr.Fidèle Dushimimana, Umuyobozi wa Kaminuza Gatolika ya Kabgayi(ICK) ari kumwe n'abayobozi ba Kaminuza Gatolika bari mu nama...

Harimo gucurwa umugambi wo kuburizamo irahira rya Tshisekedi uheruka gutorerwa kuyobora RDC mu matora ataravuzweho rumwe

Bamwe mu batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tshisekedi barimo gucura umugambi wo kwishyira hamwe bagategura imyigaragambyo yo kwamagana no kuburizamo gahunda y’irahira rya Perezida Tshisekedi...

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize intwaro zidasanzwe ku mupaka uyihuza n’u Rwanda

Mu kiyaga cya Kivu, giherereye mu Burasirazuba bwa Rpubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hashyizwe ubwato bubiri bwa gisirikare budasanzwe mu rwego rwo kurinda umupaka...
- Advertisement -

Igitero cya Drone ya FARDC ku baturage cyahitanye ubuzima bwa benshi, ubw’Amatungo kinasenya amazu menshi.

Indege y’intambara itagira abapilote (drone) y’ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CH-4) yagabye igitero ku baturage ihitana ubuzima bwa benshi n’ubw’amatungo ndetse n’amazu menshi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel