26.8 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Abasirikare ba RDF barimo ba Ofisiye basoje imyitozo ihanitse yakuye umutima Tshisekedi wifuza intambara n’u Rwanda

Abasirikare barimo ba RDF barimo abo ku rwego rwa ba Ofisiye ndetse n’abato basoje imyitozo igenewe ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Training) bari...

Ibitero bya M23 na FARDC ifatanyije n’ihuriro ry’imitwe y’inyeshyamba n’abacancuro byongeye gukaza umurego

Imirwano ikomeje guhanganisha umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 17/01/2024, yabereye...

RDC: M23 yashyize umucyo k’urupfu rw’abakomanda bayo babiri

None tariki ya 17 Mutarama 2024 umuvugizi w’umutwe wa M23 yasohoye itangazo ryemeza urupfu rw’abakomanda bawo babiri mu bitero byo kuwa kabiri by’ingabo za...

Uganda: Hashyizweho igihembo cya Miliyoni 20 z’amashilingi ku muntu uzabona uwarashe Pasiteri Aloysius

Byose byatangiye mu ntangiriro za  2024, nibwo humvikanye amakuru y’umupasiteri uzwi cyane muri Uganda warusimbutse nyuma yo kuraswaho urufaya rw’amasasu agahitana umurinzi we witwa...
- Advertisement -

Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’udupfunyika 5000 tw’urumogi

Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage bamaze gusobanukirwa akamaro ko gutangira amakuru ku gihe atuma ibyaha byinshi bikumirwa bitaraba bikaba n’umurongo mwiza wo kwicungira umutekano...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel