27.2 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Hagaragajwe icyaba umuti w’ibibazo bikomeje kugaragara mu karere k’ibiyaga bigari

Kugeza ubu Akarere k'ibiyaga bigari gakomeje kugaragaramo umutekano muke cyane mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, abakurikiranira hafi ibya politiki na demokaraso...

RDC: M23 yanenze cyane FARDC n’abambari bayo kumisha ibisasu mu baturange  

Amakuru aturuka mu buyobozi bwa  M23 ikorera muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko uyu mutwe urashinja ingabo za FARDC n’abambari bayo barimo...

Hari abaturage ba RDC bahangayikishijwe no kuba u Burundi bwarafunze umupaka ubuhuza n’u Rwanda

Hashizi iminsi u Burundi bufunze imipaka ibuhuza n’u Rwanda, mubucuri ibi byamaze kugira ingaruka kubaturage ba baturiye Intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika iharanira...

M23 yahaye umuburo Félix Tshisekedi

Lawrence Kanyuka umuvugize wa M23 mu bya politike kuri iki Cyumweru tariki ya 14 Mutarama 2024, yashize inyandiko hanze zitanga umuburo kuri Perezida Félix...
- Advertisement -

Perezida Kagame yashimiye abatuye Zanzibar bashoboye gusigasira umurage w’impinduramatwara

Perezida Paul Kagame yashimiye abaturage ba Zanzibar n’abayobozi babo, kuko bashoboye gusigasira umurage w’impinduramatwara yayobowe n’abayobozi b’intwari. Yabivugiye muri Zanzibar aho yitabiriye ibirori byo kwizihiza...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel