27.2 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Umenya tugiye kugira Amahoro!? Abanyamulenge Baribaza niba hari agahenge bagiye kugira  nyuma ya Colonel Ekembe»Inkuru irambuye

Colonel Ekembe André wari umaze igihe kinini afite amateka yihariye yo kwica abo mu bwoko bw’Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yavuye mu MINEMBWE. Ubusanzwe...

RDC: Abasirikare 2 bakomeye bakatiwe n’urukiko igihano cy’imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gutera inkunga M23

Abasirikare babiri bo mungabo za Leta ya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, bashinjwaga icyaha cyo gutera inkuga umutwe wa M23; aba kimwe n’abandi 19...

Azarias Ruberwa yihenuye kuri AFC yaramaze iminsi avugwaho gushyigikira

Azarias Ruberwa wigeze kuba Visi Perezida wa Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yanyimoje amakuru avuga ko ashyigikiye i Shyaka rirwanya ubutegetsi bwa...

Zihinduye imirishyo! Abasirikare ba FARDC biyunze kuri M23 Tshisekedi Arabivugaho iki?

Byose byatangiye ubwo Guverinoma ya Perezida Félix Tshisekedi bigaragaye ko ikomeje gutoteza abasirikare bavuka mu Ntara ya Katanga no mu Ntara z’iherereye mu Burasirazuba...
- Advertisement -

Amashirakinyoma kubivugwa ko Perezida Ndayishimiye yaba yafunze imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda

Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Mutarama 2024, Leta y’u Burundi yongeye gufata icyemezo cyo gufunga imipaka yose ihuza u Burundi n’u Rwanda...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel