26.1 C
Africa
Maandag, Mei 4, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Hari abakandida bane muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo batangiye gusaba ko amatora yahindurwa imfabusa

Abakandida bane biyamamarije kuyobora RDC barimo Martin Fayulu umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Denis Mukwege watsindiye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel, Floribert Anzuluni ukuriye ishyaka rya...

Dore ibibazo 3 Umuhanzi Meddy avuga ko yabajijwe na Yezu

Umuhanzi Nyarwanda umaze igihe gito yinjiye mu muziki wo Kuramya no Guhimbaza Imana, Ngabo Medard wamamaye nka Meddy, yavuze ko byatangiriye mu nzozi yagize...

RDC: Abaturage bategetswe umukandida bagomba gutora barabyanga bahita bakizwa n’amaguru bariruka. Video

Abaturage bo muri Kananga muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo banze gutora abakandida ba Udps na union sacrée mu matora y’umukuru w’igihugu n’Abadepite ari...

Fayulu akimara gutora yahishuye ikintu gikomeye kigiye kuba muri RD-Congo nyuma y’amatora

Umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Martin Fayulu akimara gutora, yemeje ko muri iki gihugu hagiye kuba imvururu kandi...
- Advertisement -

Breaking news muri RDC: Birahindutse abaturage babuze ibikoresho byitora none baritahiye -Amafoto + Video

Byavugwaga ubundi saa 06h 00 za mugitondo  muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo ibiro by’amatora byagombaga kuba byafunguye kuri ubu si ko byagenze kuko...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel