35.6 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Moise Katumbi uri mu bahatanira kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatinye kwiyamamariza mu gace Tshisekedi arimo

Umukandida Moise Katumbi uri kwiyamamariza kuyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasubitse ibikorwa bye byo kwiyamamaza mu Mujyi umwe na Tshisekedi kubera gutinya ubushotoranyi...

Amakuru atari meza akomeje kuvugwa ku Basirikare b’u Burundi nyuma y’uko basubiye mu Burundi banze kurwana na M23

Mu gihugu cy’u Burundi hari kuvugwa inkuru ku basirikare babo, nyuma y’uko hari bamwe mu basirikare b’iki gihugu bagera kuri 500, banze kurwana intambara...

Yahereye ku bakobwa bane bose bari basanzwe ari inshuti ze: Bitunguranye, undi mwicanyi ruharwa wigishijwe na Kazungu yatawe muri yombi.

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 13 Ukuboza 2023, Urukiko Rukuru rwa Kampala rwakatiye uwitwa Musa Musasizi w’imyaka 25 y’amavuko, igifungo cy’imyaka 105 nyuma y’uko...

U Burundi bwatangiye kohereza ingabo zabwo: Haratutumba intambara hagati y’u Rwanda n’u Burundi izasiga iyogoje akarere kose.

Umuyobozi w’Ubutumwa bwa Loni mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Bintou Keita, yatangaje ko umwuka mubi ukomeje kwigaragaza hagati y’u Rwanda...
- Advertisement -

Zari Hassan yatunguye abafana be kubera ibyo yakoreye mukeba we Tanasha Donna

Umuherwekazi w’umugande, Zari Hassan yatumiye mu kirori cye cya «All White Party», Tanasha Donna basangiye umugabo Diamond Platnumz ariko bose bakaba baratandukanye na we. Iki...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel