35.6 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Aya mayeri ya Tshisekedi azamuhira? Hahishuwe ikigiye gukurikiraho hagati y’agahenge kumvikanyweho hagati ya M23 na FARDC?

Nyuma y’agahenge kumvikanyweho n’umutwe wa M23 n’Ingabo za Repububulika ya Demokarasi ya Congo, umututu w’imbunda za M23 ushobora kwerekeza mu mujyi wa Goma mu...

DR Congo: Katumbi agiye guhurira na Tshisekedi i Kananga mu Ntara ya Kasaï-Central »Inkuru irambuye

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 13 Ukuboza 2023, biteganijweko Abakandida babiri bahabwa amahirwe kurusha abandi mu matora ya perezida wa DR Congo bombi...

Padiri Ntagungira yakomoje kubanenga umuhamagaro wo kwiha Imana bawitiranya n’ubusazi

Mu birori byo guhimbaza Yubile y'Imyaka ijana ishize umuryango w'ababikira  Abigishwa ba Yezu mu Ukaristiya ushinzwe, Padiri Jean Bosco Ntagungira yabwiye Abanovice bakoze amasezerano...

Abasirikare barenga 500 b’u Burundi barafunze bazira kwanga kurwana na M23

Nyuma yo kwanga kurwana n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23. Abasirikare barenga 500 b’iki gihugu baba bafunzwe Abo bivugwa ko...
- Advertisement -

Goma igiye gufatwa? Inzira hafi ya zose zagaburiraga Umujyi wa Goma zimaze gufungwa nyuma y’intambara hagati ya M23 na FARDC

Umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Goma,  wamaze gufungirwa hafi amayira atatu yose yanyuzwagamo ibicuruzwa by’ibanze ukenera nk’ibiribwa n’ibindi bitandukanye nyuma y’intambara ihanganishije umutwe wa...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel