37.8 C
Africa
Sondag, Mei 3, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Rwanda: Amatora ya Perezida wa Repubulika azaba tariki ya 15 Nyakanga 2024

Mu Rwanda amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite  azaba azaba tariki 15 Nyakanga 2024. Nkuko byasohotse mu Iteka rya Perezida ryerekeye amatora ya Perezida wa...

Titi Brown ibye byajemo kidobya agiye gusubizwa munkiko kubera iyi mpamvu!

Tariki ya 10 Ugushyingo 2023 yari itariki y’ibyishimo ubwo Ishimwe Thierry uzwi nka Titi Brown yagirwaga umwere akarekurwa, gusa kugeza ubu arimo gishegesha ntavura;...

Isoko Diaspora yateguye igikorwa cyo kwibuka abatutsi babanye Congo biciwe I Mudende mu myaka ya 1997-1998

Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Ukuboza 2023, Isoko Diaspora yateguye igikorwa cyo kwibuka Abatutsi babanye Congo biciwe i Mudende muri 1997-1998; ni...

Kera kabaye Ingabo z’u Burundi zigera muri 900 zari muri Kivu y’Amajyaruguru zatashye bamwe mu bakuru ba zo basiga ubuzima muri RDC

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza 2023, umugaba mukuru w’ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), Maj...
- Advertisement -

Kigali: Umukobwa wakoraga muri hoteli yagiye kwishyuza baramukubita barangije bamufata amaguru bakurura hasi nk’akabakurura igifuka bitegetswe n’umukoresha we.

Ku Kimihurura haravugwa inkuru y’umukobwa wakoraga muri hoteli yo kwa Mironko yagiye kwishyuza baramukubita barangije bamufata amaguru bakurura hasi nk’akabakurura igifuka. Umukobwa witwa Grace wakoraga...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel